Uwase Colombe yibarutse imfura — 11 Ugushyingo 2025
Uwase Colombe, wamamaye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2015 aho ahagarariraga Intara y’Amajyaruguru, yibarutse imfura ku wa 11 Ugushyingo 2025. Ibyo byabereye mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe.
Muri 2022 ni bwo Uwase yagaragaje bwa mbere ku mbuga nkoranyambaga ko ari mu rukundo — yashyizeho amafoto agaragaza impeta y’urukundo. Nyuma yaho hakurikiyeho umuhango wo gusaba no gukwa, ndetse n’ubukwe bwabaye mu ibanga rikomeye, nk’uko byatangajwe n’inkuru ya Umuryango.rw.


No comments:
Post a Comment